KURI UYU WA KANE, TALIKI YA 18/12/2025 HABAYE INAMA Y’INAMA RUSANGE ISANZWE Y’IHURIRO RY’IGIHUGU NYUNGURANABITEKEREZO RY’IMITWE YA POLITIKI(NFPO) HAMWE NA MINISITIRI W’UBUHINZI N’UBWOROZI BWANA DR NDABAMENYE THERESPHORE KURI POLITIKI N’INGAMBA ZO KONGERA UMUSARURO UKOMOKA KUMUSARURO W’UBUHINZI N’UBWOROZI.
Kuri uyu wa Kane, taliki ya 18/12/2025 habaye Inama y’Inama rusange isanzwe y’Ihuriro ry’igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki(NFPO) rigizwe n’bayobozi 44 harimo bane ba buri mutwe wa Politiki wemewe mu RWANDA . ...
KURI UYU WA GATANU, TARIKI YA 12 UKUBOZA 2025, KOMISIYO Y’IHURIRO ISHINZWE ITUMANAHO NO KUNGURANA IBITEKEREZO, YATERANYE MU NAMA YAYO ISANZWE Y’IGIHEMBWE.
Umunyamabanga mukuru akaba n’umwe mubagize Komisiyo y”Ihuriro ishinzwe itumanaho no kungurana ibitekerezo Bwana Dr Ndahayo Berchimas yitabiye inama y’iyo Komisiyo.
Ni kuri uyu wa gatanu taliki ya 12 Ukuboza 2025 aho komisiyo ishinzwe ...
Ishyaka ry’Iterambere n’Ubusabane mu Rwanda (PPC ) ryatoye Abayobozi Bakuru baryo.
Murwego rwo kubahiriza itegeko shingiro n’amategeko ngengamikorere by’Ishyaka ry’Iterambere n’Ubusabane”PPC” kuwa 28 Mutarama 2024 habaye Biro Politiki y’Ishyaka PPC. Mubyaganiweho ni uko Ishyaka PPC rizashyigikira umukandida wa FPR-Inkotanyi ...






