You are currently viewing KURI UYU WA GATANU, TARIKI YA 12 UKUBOZA 2025, KOMISIYO Y’IHURIRO ISHINZWE ITUMANAHO NO KUNGURANA IBITEKEREZO, YATERANYE MU NAMA YAYO ISANZWE Y’IGIHEMBWE.

KURI UYU WA GATANU, TARIKI YA 12 UKUBOZA 2025, KOMISIYO Y’IHURIRO ISHINZWE ITUMANAHO NO KUNGURANA IBITEKEREZO, YATERANYE MU NAMA YAYO ISANZWE Y’IGIHEMBWE.

Umunyamabanga mukuru akaba n’umwe mubagize Komisiyo y”Ihuriro ishinzwe itumanaho no kungurana ibitekerezo Bwana Dr Ndahayo Berchimas yitabiye inama y’iyo Komisiyo.

Ni kuri uyu wa gatanu taliki ya 12 Ukuboza 2025 aho komisiyo ishinzwe itumanaho no kungurana ibitekerezo yateranye aho igizwe nabakomiseri barindwi bava mu mitwe ya Politiki 11 igize Ihuriro harimo n’uyu Bwana Ndahayo Berchimas
komisiyo yatanze ibitekerezo ku itegurwa ry’Inama nyunguranabitekerezo kunsanganyamatsiko igira iti; “Uruhare rw”imitwe ya Politiki muguhindura imitekerereze, gukunda Afrika n’u Rwanda by’umwihariko.”

Abagize komisiyo
batanze Ibitekerezo bizagenderwaho kugira ngo iyo nama nyunguranabitekerezo izagende neza Kandi banizeza ko bazayitabira banyuze mu mitwe ya Politiki bakomokamo.

Leave a Reply