KURI UYU WA GATANU, TARIKI YA 12 UKUBOZA 2025, KOMISIYO Y’IHURIRO ISHINZWE ITUMANAHO NO KUNGURANA IBITEKEREZO, YATERANYE MU NAMA YAYO ISANZWE Y’IGIHEMBWE.

Umunyamabanga mukuru akaba n'umwe mubagize Komisiyo y"Ihuriro ishinzwe itumanaho no kungurana ibitekerezo Bwana Dr Ndahayo Berchimas yitabiye inama y'iyo Komisiyo. Ni kuri uyu wa gatanu taliki ya 12 Ukuboza 2025…

Continue ReadingKURI UYU WA GATANU, TARIKI YA 12 UKUBOZA 2025, KOMISIYO Y’IHURIRO ISHINZWE ITUMANAHO NO KUNGURANA IBITEKEREZO, YATERANYE MU NAMA YAYO ISANZWE Y’IGIHEMBWE.

Ishyaka ry’Iterambere n’Ubusabane mu Rwanda (PPC ) ryatoye Abayobozi Bakuru baryo.

Murwego rwo kubahiriza itegeko shingiro n’amategeko ngengamikorere by’Ishyaka ry’Iterambere n’Ubusabane"PPC" kuwa 28 Mutarama 2024 habaye Biro Politiki y’Ishyaka PPC. Mubyaganiweho ni uko Ishyaka PPC rizashyigikira umukandida wa FPR-Inkotanyi Ku mwanya…

Continue ReadingIshyaka ry’Iterambere n’Ubusabane mu Rwanda (PPC ) ryatoye Abayobozi Bakuru baryo.

ABAGIZE URUGAGA RW’ABAGORE BAHUGUWE KURI DEMOKARASI Y’UBWUMVIKANE N’AKAMARO KAYO/INTARA Y’IBURENGERAZUBA.

“Demokarasi y’Ubwumvikane u Rwanda rugenderaho niyo yari ikwiye nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994”. Ibi ni ibyagaragajwe n’Abayobozi b’Urugaga rw’abagore rushamikiye ku Mutwe wa Politiki mu Ntara y’Iburengerazuba. Mu…

Continue ReadingABAGIZE URUGAGA RW’ABAGORE BAHUGUWE KURI DEMOKARASI Y’UBWUMVIKANE N’AKAMARO KAYO/INTARA Y’IBURENGERAZUBA.